Jump to content

Intara y'amajyepfo

Kubijyanye na Wikipedia
Kamonyi iherere muri mu ntara y'amajyepfo

Intara y'amajyepfo ukaba imwe mu ntara enye numugi wakigali zigize u Rwanda[1].

Igizwe nibyahoze ari intara ya Butare,Gikongoro, na Gitarama [2]

Ikarita y'Intara y'Amajyepfo y' u Rwanda
Ikarita y'Intara y'Amajyepfo y' u Rwanda

ubu ikaba igizwe n uturere dutandukanye aritwo Nyanza, Gisagara , Nyaruguru ,Nyamagabe ,muhanga Ruhango, kamonyi na Huye

Aho Iherereye

[Hindura | hindura inkomoko]

Mu majyepfo : Burundi

mu majyaruguru: Umujyi wa Kigali

iburengerazuba : Intara y'uburengerazuba

Iburasirazuba : Intara y'uburasirazuba

Uturere tugize intara

[Hindura | hindura inkomoko]

1.Akarere ka Gisagara

2. Akarere ka Huye

3. Akarere ka Kamonyi

4. Akarere ka Muhanga

5.Akarere ka Nyamagabe

6.Akarere ka Nyanza

7. Akarere ka Nyaruguru

8. Akarere ka Ruhango

Ihuza ryo hanze

[Hindura | hindura inkomoko]
  1. https://www.southernprovince.gov.rw/
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2020-10-27. Retrieved 2020-09-27. {{cite web}}: Unknown parameter |deadurl= ignored (|url-status= suggested) (help)CS1 maint: archived copy as title (link)