Jump to content

Akarere ka Ruhango

Kubijyanye na Wikipedia

Ibiro by' akarere ka Ruhango

[Hindura | hindura inkomoko]
Ikarita y’Akarere ka Ruhango
Rwanda



Akarere ka Ruhango ni kamwe mu turere tugize Intara y'amajyepfo

[Hindura | hindura inkomoko]
Akarere gafite ubuso: km2 636,8
Abaturage:282 812 Ubucucike : 450,1hab/km2
Imirenge :9
Utugari :59
Imidugudu :533

Aho gaherereye

[Hindura | hindura inkomoko]
Mu Majyaruguru yako hari: Akarere ka Muhanga
Mu Burasirazuba yako hari: Akarere ka Kamonyi na Bugesera
Mu Majyepfo yako hari: Akarere ka Nyanza
Mu Burengerazuba yako hari: Akarere ka Karongi na Nyamagabe

== Imiyoboro ==

Ruhango
    • www.ruhango.gov.rw
    • Akarere ka Ruhango kagira amashuri atandukanye ari yo.[1]
    • Amashuri acumbika
    • Amashuri adacumbika
    • Akamaro k'amashuri mu karere ka Ruhango
    • Gutanga uburere ku bana
      Ruhango
      Kwigisha abana kugira imico myiza(discipline)
    • Gufasha abana kubahiriza igihe
    • Gufasha abana kugera ku iterambere vuba
    • Gutanga uburere bwiza mu bana
    • Rimwe mu mashuri acumbika mu karere ka Ruhango
    • Ecole des sciences des by'IMANA:iki kigo ni ikigo gitsindisha (science)ku rwego rw'igihugu; iki kigo kigira amashami akurikira ariyo.
    • 1.PCB
    • 2.MCB[2]
    • 3.PCM
    • Bimwe mu bikorwa by'ubukungu bikorerwa muri aka karere harimo
    • 1.ubuhinzi
    • 2.ubucuruzi
    • 3.ubworozi
    • 4.uburobyi
    1. umuseke
    2. kigali