Umuhanda mushyashya wa bugesera

Kubijyanye na Wikipedia
Ibikorwa byo kubakwa umuhanda munini uhuza umujyi wa Kigali n' akarere ka Bugesera mu Rwanda

Umuhanda mushyashya wa Ngoma-bugesera-Nyanza[hindura | hindura inkomoko]

Reta y' Urwanda[1] yatangije umushinga wo kubaka umuhanda muremure uva Kigali werekeza Mukarere ka ngoma[2] ndetse na bugesera kandi ugahura n'Akarere ka Nyanza , ukazafasha bikomenye abaturage bo mu karere ka Nyanza[3] muntara y' amajyepfo[4] uyu muhanda werekeza Nyanza urimo gusozwa Abanyarwanda bavugako uyu muhanda uzabafasha byinshi mubijyanye niterambere ry'uturere twombi ndetse n'igihugu muri Rusange.

Bugesera

Umushinga w'ubwubatsi[hindura | hindura inkomoko]

Ubwiza butatse imihanda yo mu Rwanda cyane irimo kubakwa

Uyu muhanda werekeza nyanza watewe inkunga ikomeye na leta y' Urwanda[5] kubufaranye na Minisiteri y ibikorwa remezo[6] kunkunga ya leta y ubushinwa .

Amateka[hindura | hindura inkomoko]

Mbere y' umwaka wa 2020 nta muhanda uhuza akarere ka Nyanza na Bugesera war' uhari ubundi ubajya Mumajyepfo aho ba bakunze kwita Kumayaga bakoresga umuhanda wa Kigali Nyabugogo-Muhanga yahoze ari Gitarama[7] , gusa iyo nzira yari Ndende.

Imiyoboro[hindura | hindura inkomoko]

  1. Rwanda
  2. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/Umuhanda-wa-kaburimbo-Ngoma-Bugesera-Nyanza-uzoroshya-ubuhahirane
  3. Akarere ka Nyanza
  4. Intara y'amajyepfo
  5. government of Rwanda [1]
  6. https://www.rba.co.rw/post/MININFRA-yasinze-imihigo-yo-kwagura-no-kubungabunga-ibikorwa-remezo
  7. https://www.muhanga.gov.rw/