Igishanga cy’Akanyaru

Kubijyanye na Wikipedia
Igishanga cy'akanyaru

Intangiriro[hindura | hindura inkomoko]

Igishanga cy’Akanyaru kizwi nk'igishanga cy’Akagera ni igishanga kiri kumugezi w'akanyaru mu Akarere ka Gisagara aho abaturage bacyishimiye, Iki kibaya cy’Akanyaru gifite ubuso bwa 4 200Ha hakaba hakorereamo imirimo itandukanye [1][2]

Ibikorwa bibera muKanyaru[hindura | hindura inkomoko]

Iki kibaya haberamo imirimo itandukanye :

  • Igishanga
    harimo imirimo y'ingufu z'amashanyarazi, harimo uruganda ruzabyaza amashanyarazi ya 80MW akomoka kuri nyiramugengeri .[3]
  • Harimo ikindi gice gikorerwamo ubuhinzi aho bahinganga ibijumba ariko mbere hakaba harahingwaga umuceri n’ibigori nk’ibihingwa byatoranyijwe, aho igihingwa cy’ibijumba cyari kimaze kuba ingume mu Karere kose ndetse n’ahandi henshi mu Ntara y’Amajyepfo.[1][4]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://kubahonet.com/2017/07/06/akarere-ka-gisagara-utura-umuba-wibijumba-ukabara-inoti/#more-39188
  2. https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/bizeye-ubukire-ku-buhinzi-bw-ibijumba-bikungahaye-kuri-vitamine-a
  3. https://ar.umuseke.rw/ikibaya-cyakanyaru-kigiye-gutanga-80mw-zamashanyarazi.hmtl
  4. https://www.rba.co.rw/post/Gisagara-Kwishakamo-ibisubizo-bakitunganyiriza-igishanga-byabarinze-inzara