Jump to content

Igishanga cy’Akanyaru

Kubijyanye na Wikipedia
Igishanga cy'akanyaru

Intangiriro

[hindura | hindura inkomoko]

Igishanga cy’Akanyaru kizwi nk'igishanga cy’Akagera ni igishanga kiri kumugezi w'akanyaru mu Akarere ka Gisagara aho abaturage bacyishimiye, Iki kibaya cy’Akanyaru gifite ubuso bwa 4 200Ha hakaba hakorereamo imirimo itandukanye [1][2]

umugezi w'akanyaru

Ibikorwa bibera muKanyaru

[hindura | hindura inkomoko]

Iki kibaya haberamo imirimo itandukanye :

  • Igishanga
    harimo imirimo y'ingufu z'amashanyarazi, harimo uruganda ruzabyaza amashanyarazi ya 80MW akomoka kuri nyiramugengeri .[3]
  • Harimo ikindi gice gikorerwamo ubuhinzi aho bahinganga ibijumba ariko mbere hakaba harahingwaga umuceri n’ibigori nk’ibihingwa byatoranyijwe, aho igihingwa cy’ibijumba cyari kimaze kuba ingume mu Karere kose ndetse n’ahandi henshi mu Ntara y’Amajyepfo.[1][4]
  1. 1.0 1.1 https://kubahonet.com/2017/07/06/akarere-ka-gisagara-utura-umuba-wibijumba-ukabara-inoti/#more-39188
  2. https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/bizeye-ubukire-ku-buhinzi-bw-ibijumba-bikungahaye-kuri-vitamine-a
  3. "Archive copy". Archived from the original on 2023-02-24. Retrieved 2023-02-24.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  4. https://www.rba.co.rw/post/Gisagara-Kwishakamo-ibisubizo-bakitunganyiriza-igishanga-byabarinze-inzara