Jump to content

Ibijumba

Kubijyanye na Wikipedia
ibijumba
Imizi yibijumba
Ibijumba
Ibijumba .
Ikijumba

mu Rwanda hamwe n'ibindi bihugu byo muri Afurika bihinga ibijumba ndetse n'ibindi byinshi bitandukanye

sweet Potato

ibijumba nibimwe mubiribwa abanyarwanda benshi batunzwe nabyo

Ibijumba ni igihingwa cyakomotse muri Amerika y Amajyepfo[1] byageze i Burayi bijyanywe n’Abanya-Portugal ndetse n’Abanya-Espagne, nyuma bigera muri Aziya no muri Afurika bizanywe n’Abanyaburayi.[2]

ibijumba kandi bigira vitamine ukandi bitera imbaraga

Abana bishimiye kurya ubunnyano

ibijumba bitera imbaraga mumubiri w'umuntu kandi bizwiho kurinda indwara zitandukanye ibijumba byose akamaro nikamwe mumubiri nubwo biba bifite amabara atandukanye[3]

ibijumba bigira amabara atandukanye haba imbere cyangwa inyuma ku ishishwa hari ibisa umutuku, umuhondo, igitaka nandi mensi atandukanye[4]

  1. https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/nusoma-iyi-nkuru-ntuzongera-gusuzugura-ibijumba
  2. https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/nusoma-iyi-nkuru-ntuzongera-gusuzugura-ibijumba
  3. "Archive copy". Archived from the original on 2021-08-24. Retrieved 2021-08-24.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  4. https://inyarwanda.com/inkuru/77858/menya-akamaro-k-ibijumba-ku-buzima-bwawe-77858.html