Pepiniere FC

Kubijyanye na Wikipedia
Kamonyi
ikipe

Pepiniere FC Pépinière FC isanzwe ikina mu cyiciro cya Kabiri cy'ashampiyona y'umupira w'amaguru mu Rwanda mu marushanwa ategurwa na Ferwafa, ikinira ku Kamonyi, iri mu biganiro byo kuba ikipe y’Akarere ka Kamonyi igakina ifashwa n’akarere ndetse ikaba yanahindurirwa izina ikitwa Kamonyi FC.[1] Ni ishuri rizigwamo n’abana bafite kuva ku myaka 5 y’Ubukure kugera kuri 17, aho icyiciro cya mbere gihera ku myaka 5-9, icya Kabiri kikava ku myaka 9-12, Icyiciro cya Gatatu kikava kuri 12-15, Icyiciro cya Kane kikava ku myaka 15-17, hamwe n’icyiciro cyakwitwa icya Gatanu kizaba kirimo abo kuva ku myaka 17-21, aba banyuma ari nabo bakinnyi bazaba babarizwa nyirizina muri iyi ikipe.[2]

Ibiro by'akarere ka Kamonyi

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-20. Retrieved 2022-09-18.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  2. https://www.intyoza.com/2022/08/14/kamonyi-ishuri-ryumupira-wamaguru-rigiye-guhindura-byinshi-pepiniere-fc-nabandi-babyungukiremo/