Muyombo thomas

Kubijyanye na Wikipedia

Muyombo Thomas umuhanzi ny'a Rwanda uzwi kwizina rya TOM CLOSE yavutse tariki ya 28 kanama 1986, avukira ahitwa masindi muri Uganda arinaho yashoye kwigira amashuri yikiburamwaka(NURSERY SCHOOL). Nyuma yaho aba byeyi be baje kwimukira mu Rwanda arinaho yahise atangirira amashuri ye abanza muri Remera academy, hanyuma ajya kuri LA colombiere ari nahoyasoreje amashuriye abanza[1].

UBUZIMA BWE BWAMASHURI[hindura | hindura inkomoko]

Nyuma yo gusoza amashuri ye abanza muri LA colombiere Muyombo Thomas yakomereje amashuri ye yisumbuye muri kaminuza nkuru y'u Rwanda(UR) aho yize ubuganga kwisezerano yari yarahaye nyina mbere y'uko mama we yitaba Imana.yasoje amasomo y'i sumbuye muri kaminuza nkuru y'u Rwanda muri 2013[2].

AHO YAKOZE[hindura | hindura inkomoko]

Nyuma yo gusoza amasomoye yismbuye muri kaminuza nkuru y'u Rwanda muri 2013 Muyombo Thomas uzwi kw'i zina rya Tom Close muri 2014 yahise atangira gukorera mubitaro bya Kacyiru.Muri 2015 yahise ajya gukora mu kigo cyubuzima cya RBC[3].

UKO YAZAMUWE MUNTERA MUKAZI[hindura | hindura inkomoko]

Umuhanzi DR Muyombo Thomas uzwi nka Tom close yazamuwe muntera mukazi nyuma yaho inama y'a ba minisitiri yateranye ikamugira umuyobozi w'ishami ry'igihugu rishinzwe gutanga amaraso mu kigo cy'igihugu cy'ubuzima (RBC) . Tom close yashyizwe muri uyu mwanya nyuma yuko muri Mata 2019 inama yaba minisitiri yari yaramugize umuyobizu w'i kigo gishinzwe gutanga amaraso, ishami ry'a Kigali (RCBT-Kigali).[4]

ISHAKIRO.[hindura | hindura inkomoko]

[5]

  1. http://rw.bangmedia.org/2012/04/tom-close.html?m=1
  2. https://inyarwanda.com/inkuru/101663/rbc-yakiriye-abayobozi-bashya-barimo-tom-close-101663.html
  3. https://inyarwanda.com/inkuru/101663/rbc-yakiriye-abayobozi-bashya-barimo-tom-close-101663.html
  4. http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/tom-close-yazmuwe-mu-ntera-n-inama-y-abaminisitiri
  5. https://inyarwanda.com/inkuru/101663/rbc-yakiriye-abayobozi-bashya-barimo-tom-close-101663.html