Isoko rishinzwe indege za gisivili muri Afurika

Kubijyanye na Wikipedia
afurika

Komisiyo Nyafurika ishinzwe iby'indege za gisivili ( African Civil Aviation Commission, AFCAC ) ni ikigo cy’umuryango w’ubumwe bw’Afurika gifite icyicaro i Dakar , muri senegal. Intego yacyo ni uguteza imbere no kugenzura indege za gisivili muri Afurika. [1]

Isoko[hindura | hindura inkomoko]

AFCAC yashinzwe nk'ikigo cyihariye cy’umuryango w’ubumwe bw’Afurika ku ya 17 Mutarama 1969. Icyemezo cya Yamoussoukro cyanditswe muri 1999 gitangira gukurikizwa muri 2002. Ubu AFCAC ni ikigo gikora isoko rimwe ryo gutwara abantu n'ibintu mu kirere, rishyira mu bikorwa Icyemezo cya Yamoussoukro. Ubufatanye bwayo n’umuryango mpuzamahanga w’indege za gisivili burimo guteza imbere ishyirwa mu bikorwa ry’ubuziranenge bwa ICAO hamwe n’ibikorwa byasabwe .

Ikigo cyakira ubufasha bw’ubuyobozi n’imari na ICAO kandi cyabonye inkunga na Banki ny'afurika itsura amajyambere . Muri 2015 leta nyinshi ntabwo zishyuye umusanzu wabanyamuryango na 90 % by'amafaranga AFCAC yinjiza yakoreshejwe ku mushahara n'amafaranga y'ubuyobozi .

Reba[hindura | hindura inkomoko]

  1. Abeyratne, Ruwantissa (1998). "The Future of African Civil Aviation" (PDF). researchgate.com. Journal of Air Transportation World Wide. Retrieved 10 December 2020.

Cite error: <ref> tag with name "weber" defined in <references> is not used in prior text.
Cite error: <ref> tag with name "schlumberger" defined in <references> is not used in prior text.

Cite error: <ref> tag with name "moores" defined in <references> is not used in prior text.

Ihuza ryo hanze[hindura | hindura inkomoko]