Jump to content

Ibitaro bya Nyabikenke

Kubijyanye na Wikipedia

Ibitaro bya Nyabikenke ni ibitaro bya Akarere ka Muhanga mu intara ya majyepho yu Rwanda, mu karere ka Muhanga, Ubusanzwe ibitaro bya Nyabikenke baykagize abakozi bagera kuri 127, ariko kugeza ubu birakoresha gusa 39, bivuze ko hari serivisi zitaratangwa, kubera kubura abakozi n’ibikoresho bihagije.[1][2][3][4]

  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/muhanga-abagana-ibitaro-bya-nyabikenke-barifuza-serivisi-y-ububyaza
  2. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/urugendo-rugana-ibitaro-rwageze-ku-minota-20-intambwe-y-u-rwanda-mu-kurinda
  3. "Archive copy". Archived from the original on 2024-09-26. Retrieved 2024-09-26.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  4. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ibitaro-bya-nyabikenke-umujyi-uvuguruye-n-icyanya-cyahariwe-inganda-mu