Umuringoti

Kubijyanye na Wikipedia
Umuringoti

Intangiriro[hindura | hindura inkomoko]

Umuringoti ni igikorwa remezo gihuza ibintu n'ibindi, ncyangwa umuringoti ugafata amazi, cyangwa umuringoti bikavungwa mu buhinzi, aha Abaprezida ba Tanzaniya na Kenya bumvikanye umugambi wo kwubakira hamwe umuringoti uzotwara umwuka wa gaze, mu ntumbero yo kwongereza uguhanahana ibidandazwa no kugabanya ibiciro vy’amasoko ntanganguvu kuri ivyo bihugu bibiri.[1]

Ikarita ya Kenya
Amasezerano

kENYA NA TANZANIYA[hindura | hindura inkomoko]

Uwo muringoti uzubakwa ku burebure bw’ibirometero 600 hagati ya Dar es Salaam, ku murwa mukuru wa Tanzaniya na Mombasa muri Kenya. Ariko nta gihe cyashyizweho ibyo bikorwa bizatangirire gukoreraho.Mu mwaka ushize, Perezida Hassan wa Tanzaniya n’uwahoze ari prezida wa Kenya, Uhuru Kenyata barasinye amasezerano i Nairobi yari atumbereye gutanguza uwo mugambi, ariko gushika ubu ibyo bikorwa ntibyari bwatangire.[1]

AMASEZERANO[hindura | hindura inkomoko]

Perezida Kenyatta yavuze ko we na Perezida Suluhu basinye ayo masezerano y’umuringoti uzotwara umwuka wa Gaze kugira ubuzima bw’abanyagihugu babo n’ubucuruzi bitere imbere. Ibyo bihugu byumvikanye kandi ko abategetsi bo mu gisata c’amagara y’abantu bagiye kuza barakorera hamwe ku bibazo vya COVID-19, cyane cyane ku kworohereza urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu.

IMIRIMA Y'ABATURAGE[hindura | hindura inkomoko]

Abaturage bo mu Mirenge ya Busasamana, Bugeshi na Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu babangamiwe n’amazi ava ku Kirunga cya Kalisimbi n’inkubi z’imiyaga iva mu Kibaya cya Congo bikabasenyera inzu, bikanangiza imiringoti y'imirima yabo. Babigarutseho mu Muganda Rusange usoza ukwezi k’Ugushyingo wabereye mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Busasamana, Akagari ka Nyacyonga ku wa 26 Ugushyingo 2022. Imibare ya Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi(MINEMA) igaragaza ko muri uyu mwaka kuva muri Nzeri kugeza mu Ugushyingo 2022 hamaze kwangirika hegitari 230 z’imirima mu gihe inzu 53 n’ishuri rimwe byasenywe n’imvura n’umuyaga.[2]

KUBUNGABUNGA IMIRINGOTI[hindura | hindura inkomoko]

Mu kurwanya ibi biza, Umuganda Rusange wibanze ku gutera ibiti no kubaka ibiraro mu kurushaho kurwanya isuri iva mu Kirunga cya Kalisimbi ikangiza ibikorwa by’abaturage. Ku kibazo cy’umuyaga mwinshi uva mu Kibaya cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Kayisire Marie Solange, yabwiye abaturage ko nta muti babonera iki kibazo uretse kuzirika ibisenge by’inzu zabo bakazikomeza kuko umuyaga udakumirwa. Yasabye abaturage kuzirika ibisenge by’inzu no kuzihoma neza kuko bafite amahirwe yo kugira amabuye (amakoro) bubakisha umusingi ariko bakibagirwa kuzirika ibisenge no guhoma neza inzu zabo.[2][3]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6784551.html
  2. 2.0 2.1 https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/rubavu-imvura-imaze-kwangiza-hegitari-230-z-imirima-y-abaturiye-ikirunga-cya
  3. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/mu-mafoto-uko-umuganda-wakonzwe-mu-gihugu