Uburobyi muri Ruhondo

Kubijyanye na Wikipedia
Uburobyi muri Ruhondo
ikiyaga cya Ruhondo

Umusaruro[hindura | hindura inkomoko]

Uburobyi
Kuroba amafi

Umusaruro w'uburobyi mu kiyaga cya Ruhondo ni iyanga, Abarobyi batunga urutoki ibikoresho bidahagije ariko hari abandi bemeza ko ubuke bw’umusaruro, imvano ari  imicungire idahwitse y’uburobyi buhakorerwa hamwe n'ibidukikije byangirika.[1][2][3]

Ruhondo[hindura | hindura inkomoko]

Ruhondo ni ikiyaga gihuriweho n’Uturere twa Musanze na Burera kikaba ari impanga n’ikiyaga cya Burera mu Majyaruguru y’u Rwanda.[4]

Uburobyi[hindura | hindura inkomoko]

Ni ikiyaga kibonekamo amafi yo mu bwoko butandukanye burimo indugu, inshonzi nini n'intoya indagara,isambaza zitewemo vuba, na Tilapia ariko ku kigero gito. Abaturiye Ruhondo bavuga ko kugira ikiyaga iwabo ari inyongeragaciro kandi binejeje. Benshi baturiye iki kiyaga ni barobyi  batunzwe na bwo nk'akazi kabo ka buri munsi.  Gusa aba barobyi  batewe impungenge n’igabanuka  ry' umusaruro  bagereranije n’uwo bajyaga babona.[5][6][7]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://igihe.com/ubukerarugendo/article/tujyane-gusura-ibiyaga-bya-burera-na-ruhondo-ubeho-nk-umwami-ku-kirwa-amafoto
  2. https://radiotv10.rw/burera-abahinzi-bibishyimbo-barasaba-koroherezwa-kubona-ibiti-byo-gushingiriza/
  3. https://ar.umuseke.rw/ikiyaga-cya-ruhondo-cyafunguriwe-kuroba-umunsi-mwiza-ku-barobyi.hmtl
  4. https://www.kigalitoday.com/ibidukikije/ibungabunga/Burera-Barasabwa-gutera-ibiti-bakanabibungabunga-kuko-bazi-akamaro-kabyo
  5. https://www.rba.co.rw/post/Basanga-imicungire-mibi-yuburobyi-muri-Ruhondo-ari-yo-mu-ntadaro-zumusaruro-mubi
  6. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/musanze-imirambo-y-abagore-babiri-barohamye-muri-ruhondo-yabonetse
  7. https://mail.igihe.com/ubukungu/article/uburobyi-mu-kiyaga-cya-kivu-bwahagaritswe-mu-gihe-cy-amezi-abiri