Titi Brown

Kubijyanye na Wikipedia

Ishimwe Thiery wamenyekanye cyane mu Rwanda kwizina rya Titi Brown mugisate kimyidagaduro nkumubyinnyi wabigize umwuga aho yagaragaraga mumashusho yimiziki yabahanzi baba sitari murwanda ndetse naye yihariye yifataga kugitike.

Uyu mubyinnyi Titi brown ubu ntakibarizwa muri uyumwuga kuko ari muri gereza aho akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana ufite imyaka 17 murubanza rwaburanishijwe mu Rukiko rw'ibanze rwa kicukiro kuwa 22 Ugushyingo 2021[1].

Uyumusore yakatiwe iminsi 30 yagateganyo mugihe ubushinjacyaha bugikusanya ibimenyetso kucyaha akurikiranyweho cyo gusambanya umwana,aho ubu amaze amezi arenga umunani afungiye muri gereza ya nyarugenge iherereye i Mageragere.[2]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://yegob.rw/umuhanzi-chriss-eazy-yakoze-amateka-atarakorwa-nabahanzi-bashya/
  2. https://umuryango.rw/imyidagaduro/article/elsa-naramusengeye-kandi-nanjye-mfunze-titi-brown-ahishuye-ubuzima-abayemo-muri