The Ben

Kubijyanye na Wikipedia

Mugisha Benjamin (The Ben) Ni Umuhanzi w'UmunyaRwanda wakomereje umwuga wokuririmba muri Leta zunze ubumwe za America.

Ubuzima bwite[hindura | hindura inkomoko]

The Ben yavuye mu Rwanda mu mwaka wa 2010, icyo gihe yari ku isonga mu bahanzi bari bakunzwe muri icyo gihe ndetse kugeza ubu ari imbere mu bafite igikundiro.[1]Uyu muririmbyi yakoze nyinshi mu ndirimbo zakunzwe by’ikirenga mu myaka amaze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo ‘Give to me’, ‘Am in love’, ‘Only You’, ‘Urabaruta’, ‘Ntacyadutanya’ n’izindi nyinshi.[2]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. Bidasubirwaho The Ben agiye kuza kuririmbira i Kigali - IGIHE.com
  2. The Ben yatangiye kuzinga utwangushye yitegura urugendo ruza i Kigali - IGIHE.com