Jump to content

RUBYIRUKO TWUBAKE IGIHUGU CYACU

Kubijyanye na Wikipedia

Urubyiruko ni rumwe mumbaraga z'igihugu kuko igihugu cyitagira urubyiruko usanga ahanini ntaterambere rihari cyangwase ryaba rihari ugasanga ntabakozi bahari.

Urubyiruko rero nirwo mbaraga zigihugu rero natwe tugire uruhare muguteza igihugu cyacu kugirango natwe tubashe kubona ibyo dukenera kuri leta. Rubyiruko dufite imbaraga rero mureke ntitukazimfushubusa dukora ibidusenya ahubwo dukore ibyagirira igihugu akamaro ndetse natwe.

Mumirimo ihari urubyiruko rwakora harimo: ubworozi, ubuhinzi, ubucuruzi, kwigisha, ubujyeni..., ibi bizatuma igihugu gihora gifite umusaruro uhagije kubiribwa kikagira nabaturage bize.

Perezida PAUL KAGAME yavuzeko , Urubyiruko rugomba kumenya ko igihugu kibategerejeho guhindura ubuzima bwacyo. Perezida PAUL KAGAME yibukije urubyiruko ibyo rugomba kurwanya rubizi, bagomba kubihera kumateka y'igihugu cy'urwanda. Yibukije urubyiruko ko kugirango ibyo ubisohoze neza, icyambere ntampamvu nimwe ikwiye kukubuza kuba uwo ugomba kuba we, ugomba kurwanira uwo uriwe.[1]

  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/urubyiruko-rufite-uruhare-runini-rwo-gukomeza-kubaka-igihugu-perezida-kagame