Ndayisaba Fabrice

Kubijyanye na Wikipedia

Ndayisaba Fabrice akaba ashimira se umubyara Gakwaya Jean Pierre uba muri Canada wamushyigikiye ku gitekerezo yagize cyogushinga umuryango wa Ndayisaba Fabrice Foundation (NFF Rwanda), NFF ni umuryango washinzwe nyuma y’uko muri 2006 Ndayisaba Fabrice yahuye n’umunya Cameroun, Samuel Eto’o Fils wakinaga ruhago akamugezaho igitekerezo cye akamufasha, ubu uyu muryango ufite ibiro muri IPRC ya Kigali, intego nk’urubyiruko tugomba gukunda igihugu cyacu kandi tukagikorera, Gahunda iriho ni ugukomeza gufasha abana bari mu kaga no gukomeza kuba hafi abagizweho ingaruka na genoside.[1][2][3][4]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. "Archive copy". Archived from the original on 2020-08-04. Retrieved 2022-11-14.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  2. https://www.isimbi.rw/kwibuka/umuryango-ndayisaba-fabrice-foundation-wavuze-impamvu-ibikorwa-byo-kwibuka-bizanyuzwa-mu-ishuri-ryawo-ry-incuke
  3. https://www.newtimes.co.rw/article/75668/Sports/ibuka-official-commends-aetoaoa-foundation
  4. https://inyarwanda.com/inkuru/79778/kirehe-ndayisaba-fabrice-eto-o-yasangiye-ubunani-n-umwana-w-79778.html