Munyaneza Omar

Kubijyanye na Wikipedia

Munyaneza omar ni umugabo w'umunyarwanda uyobora ikigo gitunganya amazi cyitwa Wasac. Munyaneza akaba yarigeze kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yu Rwanda, yabaye umuyobozi wa Komisiyo mukuru ushinzwe Kugenzura Imikoreshereze y’Imari bya Leta yitwa PAC, yabaye kandi umwarimu muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda . Munyaneza akaba abarizwa mu ishyaka rya FPR inkotanyi .[1] Munyaneza ubusazwe ni inzobere yaminuje mu bijyanye n’amazi kuko yize ibijyanye n’amazi ni ukuvuga PhD in Hydrology and Water Resources .[2]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://umuseke.rw/kicukiro-abakandida-ba-fpr-mu-nteko-ngo-bazatora-amategeko-yasesenguwe-byimbitse.html?fbclid=IwAR1v_sUuPtClF_Z0mRo-W9D_MN3nmrzHX8R8emI8Qi0cOy63lVA21hiNEUc
  2. https://integonews.com/reg-na-wasac-byahawe-abayobozi-bashya-habitegeko-arasimburwa/