Muhayimpundu Ishimwe Adelaide

Kubijyanye na Wikipedia

Muhayimpundu Ishimwe Adelaide[hindura | hindura inkomoko]

Ishimwe Adelaide ni umwari witabiriye irushanywa rya nyampinga wu Rwanda mu mwaka wa 2022

ahagarariye Intara y'amajyaruguru nubwo bitagenze neza ngo agere kure muri aya marushanwa

ntago yahagaritse.kuri ubu yinjiye mu Itangazamakuru ry'imikino.

ku Itariki 25 ukwakira 2022 nibwo Radio /TV 10 yerekanye Ishimwe Adelaide nk'umunyamakuru

wayo mushya w'imikino[1]

Ubuzima bwo Hambere y'itangazamakuru[hindura | hindura inkomoko]

Ishimwe Adelaide mbereho ko yinjira mu Itangazamakuru yari avuye mumarushanwa ya nyampinga wu Rwanda[2]

nubwo atabashije kuryegukana gusa munzozi ze ndetse no mumushinga yari afite harimo guteza imbere siporo

cyane yibanda kuri siporo y'abagore. Ntakabuza rero inzozize zibaye impamo kuko azabasha gukora ibyo yiyemeje

kuko agiye muruhando rwa Siporo.

Andi makuru[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://igihe.com/imikino/article/ntibagoheka-mu-guhihibikanira-iterambere-ryayo-abanyamakurukazi-bari-muri
  2. https://mobile.igihe.com/imyidagaduro/article/ishimwe-adelaide-utarahiriwe-muri-miss-rwanda-yinjiye-mu-itangazamakuru-ry