Mugisha Samuel

Kubijyanye na Wikipedia
Mugisha Samuel
Igare

Mugisha Samuel afite imyaka 24 ni umukinnyi w' igare, avuka ku Mukamira mu karere ka Nyabihu, ni we Munyarwanda uheruka kwegukana Tour du Rwanda ubwo yakinwaga bwa nyuma iri kuri 2,2 mu 2018 ari muri Team Rwanda, ni we mukinnyi rukumbi w’Umunyarwanda witabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yabereye mu Mujyi wa Imola mu Butaliyani Mu 2020.[1][2] Mugisha wakiniraga Pro Touch yo muri Afurika y’Epfo mu gusiganwa ku magare, yatorokeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yari yitabiriye isiganwa.[3]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://umuryango.rw/imyidagaduro/imikino/article/mugisha-samuel-watwaye-tour-du-rwanda-aravugwaho-gutorokera-muri-amerika
  2. https://www.newtimes.co.rw/article/194475/Sports/team-rwanda-set-for-africa-cycling-championship
  3. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-27. Retrieved 2022-09-27.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)