Kinazi Cassava Plant

Kubijyanye na Wikipedia

Kinazi Cassava Plant ni uruganda rwa Kinazi rutunganya imyumbati, rwatangizwa mu 2012 rukora ifu mu myumbati ihingwa mu Rwanda, uru ruganda rutanga akazi ku barenga 130 . [1]

Ibyo Rukora[hindura | hindura inkomoko]

Kinazi Cassava Plant ni uruganda rumaze gutera imbere bifatika, ntanze nk’urugero ku myumbati umusaruro wayo wavuye kuri toni ibihumbi 204 ugera ku bihumbi 406 ku mwaka. Ndumva ari ibintu abaturage bishimira. Bigendanye n’uwo musaruro, kuba hari uruganda rutunganya ifu y’imyumbati ari intambwe nziza yatewe, aho rukora ku gipimo cya 50% by’ubushobozi bwarwo, rukaba rugiye kuzamuka rugakora kukigero cya 70% cyangwa 80%, ni uruganda rwasuwe na Peresida Kagame paul .[1]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/perezida-kagame-yasabye-ko-uruganda-rwa-kinazi-rwongera-umusaruro-mu-bwinshi-no