Julienne kabanda
Pastor Julienne Kabiligi Kabanda ni umuyobozi mukuru akaba ari nawe washinze minisiteri y'icyumba cy'ubuntu (Grace Room Ministries) n’umugore ukora umurimo wo kuvuga ubutumwa mu Rwanda.
Ubuzima bwe
[Hindura | hindura inkomoko]Julienne Kabiligi ni umuyobozi mukuru akaba ari nawe washinze minisiteri y'Icyumba cy'Ubuntu (Grace Room Ministries) iherereye i Nyarutarama mu mugi wa Kigali n’umugore ukora umurimo wo kuvuga ubutumwa ni umupasteri ukora umurimo w'ivugabutumwa no kuramya Imana, ariko kandi akabikorana n'ibikorwa by'urukundo nko gufasha abarwayi,gufasha abatishoboye, gukura urubyiruko mu biyobyabwenge nibindi [1][2].
Julienne ni umwe mu ba Bashumba Imana yahaye impano zayo Kandi Bafite uruhare mu kuzana ububyutse mu Rwanda,afasha abakirisitu kumenya inzira nyakuri binyuze mu ijambo ry' Imana n'ubuntu bwayo yamushyizeho, we agaragaza Imana ivuga , ikora Kandi iriho.Bitewe n'inyigisho ze ahuza n’ubuzima bwa buri munsi abantu banyuramo bituma urubyiriko rumukurikira.[1]
Amateka bwite
[Hindura | hindura inkomoko]Julienne Yashakanye na Pasiteri Stanley Kabanda ni umubyeyi wa bana batanu afite imyaka 41,
yatangiye ivuga butumwa akiri muto cyane kumyaka 18 gusa yavukiye mu muryango wa gikristo ariko utari muri iri vuga butumwa ryu yumunsi.[3]
akiri umwana yakundaga umuziki cyane no kubyina mutubyiniro dutandukanye two mu mujyi wa kigali.
akaba ari umwe muba shumba b'abagore mu Rwanda kubera Imirimo 'ivugabutumwa
Urugendo rwe rwo gukizwa
[Hindura | hindura inkomoko]Julienne Kabiligi nkuko yakuze akunda kuririmba Kdi agakura abikora hamwe n itsinda yaririmbaga mo Gusa adakijijwe Kandi asa nkuri kuraruka kubera ibyo yirirwamo
Iwabo bakagira umukozi wari ubabajwe nibyo julienne yirirwamo Kandi akiri muto yifuzaga ko yakizwa akagarukira Imana akakira yesu nk umwami n umukiza akagaruka mu nzira y umucyo yakijijwe avuye mukabyiniro kubera umukozi wo murugo babanaga yahoraga aterwa intimba ni myitwarire ye akamusengera.
icyo gihe yaravuye mugitaramo atashye asanga umukozi wabo yashyize bibiliya mucyumba cye icyogihe yabuze ibitotsi arabyuka afata ya bibiriya atangira gusoma nibwo yahise agwa kwi jambo rivuga ngo ku uwo munsi azatoranya ihene muntama .Iryo jambo ryabaye urufatizo rwo guhinduka kwe ndetse no kwitekerezaho abona ko ubuzima bwe butatuma atorwa nk Intama .
Rero kuva ubwo yahinduye inzira ye ava mu kigare kibi atangira urugendo rwo gushaka Imana no kuyimenya abishyiramo umwete wose nuko urukundo akunda Imana ruriyongera nyuma yiyumvamo ko agomba no kuyimenyesha abandi Gusa ntiyari azi ko Imana izamukoresha Imirimo Itangaje birenze uko yabikekaga[4]
Ibikorwa bye
[Hindura | hindura inkomoko]julienne yatangije ishuri bita high hopes rigamije gufasha abana bafite ubumuga bwo mu mutwe.[5]
akaba ayobora nu rusengero rwita jubilee revival assembly hamwe nu mugabo we Kabanda stanly.
Inzozi yarafite
[Hindura | hindura inkomoko]julienne akiri umwana yakundaga umuziki bikomeye akaririmba arinako ajya kubyina mu tubyiniro dutandukanye mu mujyi wa kigari.[6]
kabanda bitew nukunu yakunda kuririmba indirimbo za Brenda Fassie bagez naho bazimwitirira. yaciye mumizik y'akundaga ibintu by'inshi byabakobwa,
bakiri bato.
Ubuzima bwite
[Hindura | hindura inkomoko]Pastor Julienne Kabiligi Kabanda ni umukuru wa Minisiteri izwi ku izina rya Grace Room iherereye inyarutarama[7]
ndetse akaba ari nawe wayishinze binyuze mu iyerekwa yagize ni umumama wubatse akaba ari umufasha
w'umushumba w'itorero bita Jubilee Revival Assembly uzwi ku izina rya Kabanda Stanly aba bombi bakaba
ari abavuga butumwa bakomeye mu Rwanda.[8]
REBA
[Hindura | hindura inkomoko]- ↑ 1.0 1.1 https://www.newtimes.co.rw/article/192475/Events/featured-bpr-plc-celebrates-new-year-by-supporting-vulnerable-communities
- ↑ https://graceroomministries.org/about/
- ↑ bantu/article/umukozi-wo-mu-rugo-yamuhuje-n-agakiza-ubuzima-bwa-past-kabanda-umaze-i
- ↑ m/kxlly_8/?hl=en
- ↑ julienne+kabanda&tbm=isch&ved=2ahUKEwiak6XN-Lv3AhVpgs4BHbJOCd
- ↑ https://www.newtimes.co.rw/sports/bal-platform-career-growth-says-reg-star-olivier-shyaka
- ↑ https://www.kigalitoday.com/imyidagaduro/muzika/article/bagiye-gutaha-inyubako-bahawe-mu-isezerano-rimaze-imyaka-5
- ↑ https://inyarwanda.com/inkuru/66395/pastor-kabanda-na-julienne-barashima-imana-ko-bibarutse-umuh-66395.html