Iterambere mu Rwanda

Kubijyanye na Wikipedia

mu karere u Rwanda ruherereyemo ruri mubihugu byihutisha iterambere muyandi magambo

ni igihugu gito ariko gifitte umuvuduko uri hejuru mu iterambere cyane cyyane mu Mujyi wa Kigali

Iterambere mu mijyi[hindura | hindura inkomoko]

Bk arena Kigali Rwanda

Muri gahunda y’ishirwa mu bikorwa ry’iki gishushango no mu rwago rwo kubaka umujyi ukeye wuje intego z'iterambere rirambyehashingiwe ku byi]ciro by'ishyirwa mubikorwa ry’igishushanyombonera cy’imikoreshereze y’ubutaka mu Mujyi wa Kigali; ubu hagenda hakorwa ibishushanyo by’imitunganyirize y’ahantu “Detailed Physical Plans”.[1]

Ibyo bishushanyo ni nabyo bigena uko ikatwa ry’ ibibanza (Land subdivision Plan / Replotting Plan) byujuje ibisabwa rigenda, kuburyo buri kibanza kiba gikora ku muhanda.

Ubu ahantu hatandukanye mu Mujyi wa Kigali ibyo bishushanyo “Detailed Physical Plans” byagiye bitunganywa ndetse biri gushyirwa mu bikorwa.[2]

green Rwanda

Ibyifuzwa mu kerekezo 2050 mu Rwanda[3][hindura | hindura inkomoko]

1 u Rwanda rwifuza ubukire n'ubuzima buzira umuze ku banyarwanda bose hakubiyemo izi ngingo

-Iterambere ry'ubukungu n'ubukire

-Imibereho myiza n'ubuzima buzira umuze ku banyarwanda bose

2 Inkingi z'ikerekezo 2050

-Iterambere mu bushobozi n'imibereho myiza y'abaturage

-ubushobozi bwo kurushanwa muruhando mpuza mahanga no kwishyira hamwe nibindi bihugu

-ubuhinzi bubyara ubukire

-Iterambere ry'imijyi nimiturire igezweho

-Inzego za Leta zishoboye kandi zikora neza ibyo zishinzwe

3 Ibyingenzi bizittabwaho kugirango intego ziki kerekezo zigerweho[4]

- Urwego rw'ubukungu butajegajega mugihe kirambye

- Indangagaciro zigamije guteza imbere umuryango nyarwanda

- Uburyo buhamye bwo gukurikirana no gushyira iki kerekezo mubikorwa

Iterambere n'indanga gaciro[hindura | hindura inkomoko]

Nyuma yo kugaragaza ko indanga gaciro z'umuco nyarwanda ko zigira uruhare mu iterambere kandi rukomeye mu Rwanda[5]

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yagaragaje amahirwe y’ishoramari mu Rwanda binyuze mu ndangagaciro z'abanyarwanda

Imyubakire n'uburanga mumujyi wa Kigali[hindura | hindura inkomoko]

kigali

Umujyi wa Kigali ni umujyi wubatsemo ibinttu byinshi byiza kandi bitandukanye ni umjyi ugizwe n'amahoteli atabarika kandi ari

kuruhando mpuza mahanga,imihanda myiza ndetse ni imiturirwa ikorerwamo imirimo myinci itandukanye,ikibuga kindege mpuza mahanga

ikibuga cy'umupira kirenga kimwe ndetse nibindi umujyi wa kigali kandi ni igicumbi k'ibiro by'umukuru w'igihugu ndetse n'inteko ishinga amategeko

si ibyo gusa kandi kni umjyi w'ubutegettsi kuko minisiteri hafi ya zose ariho zubatse[6]

Reba[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://vision2050.minecofin.gov.rw/rw/translate-to-kinyarwanda-vision-2050/iterambere-ryimijyi-nimiturire-igezweho
  2. https://www.minaloc.gov.rw/index.php?eID=dumpFile&t=f&f=18971&token=125d66c644fb375df90120f48e8cccdf5e392bcc
  3. https://www.minecofin.gov.rw/fileadmin/user_upload/Minecofin/Publications/REPORTS/National_Development_Planning_and_Research/Vision_2050/Kiny-Icyerekezo_2050_Abridged_version_WEB_Final.pdf
  4. https://www.minecofin.gov.rw/fileadmin/user_upload/Minecofin/Publications/REPORTS/National_Development_Planning_and_Research/Vision_2050/Kiny-Icyerekezo_2050_Abridged_version_WEB_Final.pdf
  5. https://rba.co.rw/post/Minisitiri-wIntebe-Dr-Ngirente-aravuga-ko-iterambere-ryu-Rwanda-ryubakiye-ku-musingi-wubumwe-nubwiyunge
  6. https://mobile.igihe.com/amafoto-1922/article/dutemberane-i-kigali-umujyi-unyaruka-mu-iterambere-amafoto