Isoko ry’Inkundamahoro

Kubijyanye na Wikipedia
Nyabugogo

Isoko Inkundamahoro riherereye[1] i Nyabugogo Mu Karere ka Nyarugenge Mu Munjyi wa Kigali. Ni isoko ringezweho (isoko rya cyingambere) riba mu nyubaho ingeretse icuro zirindwi 7[2], Muri iri soko wasangamo imyambaro(imyenda,[3] cyagwa inkweto) n'Ibiribwa bitadukanda harimo imbuto ni imboga. Kurya imbuto[4] zihagije kandi zitandukanye bigabanya ibyago byo kurwara indwara zitandukanye ndetse zikomeye nka kanseri, Diyabete, stroke, ndetse n’izindi ndwara zitandukanye zifata umutima. Sibyo gusa kuko ishobora no kuharangurira ukanga kwicururiza.[5]

Reba aha[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://rwandatribune.com/rib-yanyomoje-amakuru-avuga-ko-me-bukuru-yishwe-ibyavuye-mu-iperereza/
  2. https://www.kigalitoday.com/umutekano/imbere-mu-gihugu/article/nyabugogo-undi-muntu-yiyahuriye-ku-isoko-ry-inkundamahoro
  3. https://kiny.taarifa.rw/%f0%9f%91%89nyarugenge-umuyobozi-wisoko-inkundamahoro-aributsa-abazunguzayi-ko-hari-imyaanya-ibategereje/
  4. "Archive copy". Archived from the original on 2023-06-06. Retrieved 2023-06-06.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  5. https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/nyabugogo-umugabo-yahanutse-mu-igorofa-yitaba-imana