Ishyamba ry’ibisi bya Huye
Appearance



Intangiriro
[Hindura | hindura inkomoko]Kuba ishyamba rya Leta ry’ibisi bya Huye rikomeje kwangirika byatumye inama y’umutekano yaguye y’akarere ka Nyamagabe yongera gusaba ubufatanye bw’abaturage n’ubuyobozi kugira ngo iri yangizwa rihagarare.[1][2][3]
Aho riri
[Hindura | hindura inkomoko]Ubusanzwe ishyamba ry’ibisi bya Huye ribarizwa mu turere dutatu aritwo Nyamagabe, Nyaruguru na Huye. Iyo misozi irenga niyo Ibisi bya Huye biriho amashyamba ya Leta yangizwa ku ruhande rwa Nyamagabe.[1][4]

Ishyamba
[Hindura | hindura inkomoko]Hashize igihe kirenga umwaka ishyamba ry’ibisi bya Huye ryangizwa ku buryo bukomeye, aho abantu bazwi ku izina ry’ibihazi batemamo ibiti, bagatwikiramo amakara, hakiyongeraho n’ibikorwa by’urugomo bakorera umuntu wese ushaka kubabuza.[1]
Amashakiro
[Hindura | hindura inkomoko]- ↑ 1.0 1.1 1.2 https://www.kigalitoday.com/ibidukikije/ibungabunga/article/nyamagabe-iyangirika-ry-ishyamba-ry-ibisi-bya-huye-ryagarutsweho-mu-nama-y
- ↑ https://www.rba.co.rw/post/Huye-Ishyamba-ryibisi-bya-Huye-risa-nkirisigaye-kwizina
- ↑ "Archive copy". Archived from the original on 2023-02-23. Retrieved 2023-02-23.
{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link) - ↑ https://www.kigalitoday.com/ibidukikije/ibungabunga/Abangiza-ishyamba-ry-Ibisi-bya-Huye-bahagurukiwe