Ingando z'abafite ubumuga

Kubijyanye na Wikipedia

mu rwego rwo guha abafit ubumuga agaciro ndetse no kubaremamo ubushobozi mumirimo itandukanye

ya burimunsi harimo n'imyidagaduro, aho usanga abamugaye bafite amakipe bakiniramo imikino igiye

itandukanye hirya no hino kw'Isi.bakagira ndetse n'amashyirahamwe bibumbiramo.[1]

Ingando z'abafite ubumuga mu Rwanda[hindura | hindura inkomoko]

ku nshuro yambere muri Africa habereye ingando y'abafite ubumuga baturutse hirya no hino mu karere ikaba yarakiriwe

nu Rwanda muri 2012. Uretse u Rwanda ruzakira izi ngando, abandi bakinnyi bazaturuka, mubihugu birimo, Kenya, Uganda, Tanzaniya, Ethiopia, ndetse na Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo.

Intego y'ingando y'abamugaye[hindura | hindura inkomoko]

Iyo ngando igamije kwiga no guhugura ku bijyanye n'imikino y'abafite ubumuga yakozwe n'abana [2]

bari hagati y'imyaka 16n na 20 yitabirwa kandi n'abakinnyi bagera kuri 70 bakomoka mu karere.

Ishakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.kigalitoday.com/imikino-11/indi-mikino/article/u-rwanda-ruritegura-neza-ingando-y-abakinnyi-bamugaye-carolin-rickers
  2. https://www.ncpd.gov.rw/fileadmin/Laws/Law_relating_to_protection_of_disabled_persons_in_general.pdf