Jump to content

Ibitaro by'akarere ka rwamagana

Kubijyanye na Wikipedia

Ibitaro by' akarere ka rwamagana nibimwe mubitaro bikuru biri mugihugu bikababi herereye mumurengewa kigabiro akagari kanyagasenyi bigizwe nibindi bito bibyungirije harimo Ruhunda na nkomangwa ikaba Ari(Post du sante) na rubona mumwaka wa 2015 byabonye umuyobozi mushya ariwe Dr MUCYESHIMANA Adeline asimbuye Dr NKURANGA John ugiye gukomeza kwiga.

Mu ihererekanyabubasha hagati y’aba bayobozi bombi Kanama 2015, Dr. Nkuranga yashimiye abakozi bose ku bufatanye n’ubwitange bakoranye bwatumye Ibitaro bya Rwamagana biva ku rwego rw’Akarere bigashyirwa ku rwego rw’Intara. bivuze ngo ibitaro bya rwamagana nibikuru kurwego rw' intara Dr. Mukeshimana Madeleine wari usanzwe akuriye abaganga, nyuma yo guhabwa ububasha nk’Umuyobozi w’Agateganyo w’Ibitaro bya Rwamagana, yasabye abakozi bose b’ibitaro gukomeza ubufatanye kugira ngo intambwe bigezeho itazasubira inyuma.muri make aba ni abantu bakora ntamushahara bahabwa keretse ishimwe bitewe n'ibyo bakoze.

AMASHAKIRO https://www.kigalitoday.com/ubuzima/ubuvuzi/Rwamagana-Ibitaro-bya-Rwamagana-byabonye-umuyobozi-mushya[hindura | hindura inkomoko]

AMASHAKIRO[1]

  1. https://www.rwamagana.gov.rw/soma-ibindi/rwamagana-abakozi-bibitaro-byintara-bya-rwamagana-nibigo-byubuvuzi-bibishamikiyeho-bibutse-abari-abavuzi-abarwayi-nabarwaza-bishwe-muri-jenoside-yakorewe-a