Jump to content

IBYIZA BITATSE AKARERE KA RWAMAGANA

Kubijyanye na Wikipedia
Rwamagana ni kamwe muturere tugize u Rwanda. Rwamagana izi ku isonga muturere duhaza amashanyarazi abaturage bagatuye kucyigero cya 30%.[hindura | hindura inkomoko]

Rwamagana ikaba iri muturere twungirije umujyi wa kigari ikaba ikurikira Musanze. Iyi Rwamagana ikaba izwiho ubuhinzi bwimyaka itandukanye harimo nk'imyumbati, umuceri, ibijumba, ibitoki, ibishyimbo,ndetse nindi myaka igiye itandukanye hakazamo nuburobyi kubera inzuzi zibonekayo.

Mubyiza nyaburanga bigize akarere ka Rwamagana harimo; uruzi rwa muhazi,bella flower akaba ari ikigo gihinga indabo, hakaza akagera national park.[1]

Muri Rwamagana tunasangayo ikigo gikomeye cya police aricyo GISHARI cyikaba cyibarizwa mu murenge wa gishari. sibyo gusa i Rwamagana dusangayo ibikorwa remezo harimo; amazi, imihanda, umuriro, amashuri, ibitaro,nibindi bigiye bitandukanye.

Rwamagana ikaba iyoborwa na MR. MBONYUVUNYI Radjab ikaba ari iya mbere muturere twesa imihigo mu rwanda.[2]

  1. https://www.rwamagana.gov.rw/default-e9d7c2d4f1
  2. https://www.facebook.com/igihe/posts/mbese-ni-iki-cyatumye-akarere-ka-rwamagana-kaba-aka-mbere-mu-kwesa-imihigo-muri-/10155751030367114/