Jump to content

Amagare muri bugesera

Kubijyanye na Wikipedia
Mubugesera amagare akoreshwa mukworoshya ingendo atwara abantu

Amagare muri Akarere ka Bugesera mu intara y'iburasirazuba bwu Rwanda, ubundi kagizwe n’imidugudu 584 harimo 15 idatuwe, kuko harimo itatu iri mu Kagari ka Mazane kimuwemo abantu, hamwe n’indi 12 idatuwe kubera ko iri aharimo kubakwa ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bugesera.[1]

Bugesera amagare akoreshwa mugutwara ibicuruzwa bitandukanye
Amagare inyamata

amagare ni igikoreho cy'ibabze muri buri rugo, rubarizwa muri bugesera , aho abakuru b’Imidugudu bahawe amagare vuga ko amagare bahawe bari bayakeneye cyane, kubera ko hari igihe byabagoraga kugera aho bahamagawe muri gahunda zitandukanye zijyanye n’akazi kabo, rimwe na rimwe bagacyererwa .[1]

  1. 1.0 1.1 https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/bugesera-abakuru-b-imidugudu-566-bahawe-amagare