Jump to content

ABAKORANA BUSHAKE BURUBYIRUKO

Kubijyanye na Wikipedia

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’ u Rwanda CGP, Emmanuel K. Gasana, Kuri uyu wa 31 Kanama yahuye n’ urubyiruko rw’ abakorerabushake ruteraniye mu kigo cy’ amashuli cya Polisi kiri mu Karere ka Musanze, aha umuyobozi wa Polisi akaba yabasabye kuba umusemburo w’ iterambere,bashyira imbaraga mu gukumira no kurwanya ibyaha binyuze mu guhanahana amakuru ku gihe n’ inzego z’ umutekano

Ni amahugurwa yahawe abagera kuri 300 mu gihe kingana n'iminsi 10, Umuyobozi mukuru wa polisi yavuze ko guhanahana amakuru kugihe no guhabwa amahugurwa atandukanye ko ari ngombwa kugira ngo ibyaha birimo nk’ icuruzwa ry'abantu no kwigana amafaranga bibashe kurwanywa no gukumirwa mu gihugu[1].

Abari mumahugurwa bagaragaje ubushake bukomeye bwo kurwanya no gukumira ibyaha bitandukaanye bafatanya ninzego zumutekano.

https://police.gov.rw/media/news-detail/news/urubyiruko-rw-abakoranabushake-rwasabwe-kuba-umusemburo-w-iterambere/?tx_news_pi1%5Bcontroller%5D=News&tx_news_pi1%5Baction%5D=detail&cHash=23897a551a1cd73b7e8df442aaeec2d7

  1. https://police.gov.rw/media/news-detail/news/urubyiruko-rw-abakoranabushake-rwasabwe-kuba-umusemburo-w-iterambere/?tx_news_pi1%5Bcontroller%5D=News&tx_news_pi1%5Baction%5D=detail&cHash=23897a551a1cd73b7e8df442aaeec2d7