A.S muhanga
Appearance


A.S.Muhanga cyangwa se ikipe ya muhanga ni ikipe y'umupira w'amaguru ikina mu cyiciro cya mbere cya shampiyona itegurwa na FERWAFA. Ibarizwa mu Karere ka Muhanga, ikaba ikinira kuri sitade mpuzamahanga ya Muhanga. Ubu ifite umufatanyabikorwa mushya ariwe Hotel Saint André &Lumina Kabgayi, aho bazakorana mu gihe kingana n’imyaka ibiri.[1][2]
AMASHAKIRO
[Hindura | hindura inkomoko]- ↑ Sammy Imanishimwe: AS Muhanga yabonye umufatanyabikorwa mushya, inamurika imyambaro mishya (AMAFOTO). 5-02-2022, Kigali Today.
- ↑ Hakizimana Jean Paul (2022-06-11). "Rwamagana City ishobora guterwa mpaga na AS Muhanga". igihe.com. Archived from the original on 2022-09-20. Retrieved 2022-09-18.