Uwizeyimana Bonaventure

Kubijyanye na Wikipedia
Igare

Uwizeyimana Bonaventure ni umukinnyi w'igare aho ari kumwe na Team Rwanda yegukanye irushanwa rya Tour du Cameroun ryari rimaze icyumweru kirenga ribera mu bice bitandukanye bya kameruni, Niwe munyarwanda wa mbere utwaye iri siganwa.[1] Aba umunyarwanda wa kabiri ukuye irushanwa riri mu rwego rwa tour mu mahanga, nyuma ya Areruya Joseph wegukana La Tropicale Amissa Bongo yo muri Gabon.[1] akaba yari umwe mubanyarwanda 3 bari ku rutonde rw’abahatanira igihembo cy’umukinnyi mwiza muri Afurika ndetse akaba yaragiye yegukana agace ka tour nka ka 1 na 5 muri Tour du Rwanda 2017.[2][3]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://ar.umuseke.rw/uwizeyimana-yegukanye-tour-du-cameroun.hmtl
  2. https://www.teradignews.rw/abanyarwanda-3-ku-rutonde-rwabahatanira-igihembo-cyumukinnyi-mwiza-muri-afurika/
  3. https://umuryango.rw/imyidagaduro/imikino/article/tour-du-rwanda-uwizeyimana-bonaventure-niwe-wegukanye-agace-ka-5