Uwizera Ester

Kubijyanye na Wikipedia

Uwizera Ester uzwi nka FIFI ni umunyarwanda akaba umunyamakurukazi wabigize umwuga wakoreraga itangazamakuru bitandukanye aho yatangiye afotoraa amafoto ya siporo ndetse akabifatanya n'ibindi biganiro harimo ikiganiro n’iyobokamana. Uwizera Ester FIFI yakoreye radio zigiye zitandukanye yanyuze mu bitangazamakuru bitandukanye nka Life Radio yaje no gukorera RadioTV10 akorera ubu akaba agaragara mu kiganiro 10 zone hamwe n'ikiganiro sport 10 , sibyo gusa kuko akora ikindi kiganiro ku cyumweru cy'indirimbo z'Imana , zo kuramya no gushima Imana. Uwizera Ester uzwi nka FIFI ni umufana w’ikipe ya Chelsea yo mu gihugu cyu bwongereza ku mugabane w'iburayi. [1][2][3][4]

Ubuzima bwite[hindura | hindura inkomoko]

Uwizera Ester uzwi nka fifi aracyari umukobwa w'ingaragu w'ibana, umenyerewe mu mwuga w'itangazamakuru, ndetse ubu akaba asigaye ari umuyobozi w'ibiganiro, umushyushyarugamba ndetse n'ibindi bizwi nka MC, aho ayobora ubukwe n'ibindi biroro.[2] [1][3][4]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://integonews.com/dore-bimwe-mu-bibuza-igitsinagore-gukomeza-itangazamakuru/
  2. 2.0 2.1 https://radiotv10.rw/10-sports-ku-munsi-nkuyu-nibwo-shyaka-claver-wakoreraga-radio-10-yitabye-imanaibyaranze-uyu-munsi-mu-mateka/
  3. 3.0 3.1 https://www.trendsmap.com/twitter/tweet/1368894472793231362
  4. 4.0 4.1 https://umuryango.rw/ad-restricted/article/abanyamakuru-ba-sports-mu-rwanda-byabanze-mu-nda-bagaragaza-amarangamutima-y