Uwamahoro Latifah Tharcille

Kubijyanye na Wikipedia

Tariki ya 18 Nzeri 2016 nibwo Inteko rusange idasanzwe ya Ferwafa emeje Uwamahoro Latifah nk'umunyamabanga mushya wa Ferwafa asaimbuye kuri uwo mwanya Mulindahabi Olivier. nubwo Latifah atari azwi mubijyanye na Ruhago,icyogihe Perezida wa Ferwafa yatangaje ko bamutoranyije kubera ubundi buhanga afite hanze y'umupira w'amaguru. [1][2]

Uwamahoro Latifah Tharcille[hindura | hindura inkomoko]

Uwamahoro kugeza ubu ni umunyamabanga mukuru wa Ferwafa akaba ari umwe mubagore bari mubuyobozi

mu Rwanda muruhando rwa siporo. Uwamahoro kandi ninawe munamabanga mukuru wa komisiyo ishinzwe

gutegura amatora ya Perezida wa Ferwafa[3]

amakuru[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://mobile.igihe.com/imikino/football/article/umunyamabanga-mukuru-wa-ferwafa-arashinja-de-gaulle-kumujujubya-mu-kazi
  2. https://umuryango.rw/index.php?page=print&id_article=28872
  3. https://m.facebook.com/ktradio.rw/photos/uwamahoro-latifah-tharcille-uwo-mubona-ku-ifoto-yagizwe-umunyamabanga-mushya-wa-/1193665004033592/