Usengimana Danny

Kubijyanye na Wikipedia

Danny Usengimana yavutse[1] tariki 10 Werurwe 1996 ya kiniye APR FC n’ikipe y’igihugu Amavubi.[2]

Urugendo rwa ruhago[hindura | hindura inkomoko]

Danny w’imyaka 26 y’amavuko, yatangiriye umupira w’amaguru[3] mu makipe y’abato ya Gasabo United na SEC Academy, akomereza mu Isonga FC na Police FC. Nyuma kuva muri Police FC, uyu rutahizamu wakiniye Amavubi muri CHAN 2016, yerekeje muri Singida United yo muri Tanzania, ayikinira umwaka umwe. Mu 2018, Danny yerekeje muri Tersana Sporting Club yo mu Misiri, ariko ntiyahatinze kuko mu ntangiriro za 2019 yagarutse muri APR FC[4] kugeza magingo aya niyo agikinira.

Ikipe ari gukinamo[hindura | hindura inkomoko]

Usengimana usanzwe akinira Police FC.[5]

Ibyo gusezera gukina umupira[hindura | hindura inkomoko]

Hari n’amakuru yigeze kuvugwa ko Danny yaba agiye gusezera gukina umupira w’amaguru[6] agasanga umugore we muri Canada ariko nyuma yaje kuyahakana.[7]

Reba aha[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://ar.umuseke.rw/danny-usengimana-uyoboye-ba-rutahizamu-arifuza-guhesha-police-fc-igikombe.hmtl
  2. https://www.national-football-teams.com/player/61883/Danny_Usengimana.html
  3. https://inyarwanda.com/inkuru/99536/rutahizamu-wa-apr-fc-danny-usengimana-agiye-gusezerana-numukunzi-we-99536.html
  4. https://www.webrwanda.com/2021/07/danny-usengimana-yazamuye.html
  5. https://umuryango.rw/imyidagaduro/imikino/article/ibitego-bitatu-bya-danny-usengimana-bishyize-police-fc-ku-mwanya-wa-kabiri
  6. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-29. Retrieved 2022-09-29.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  7. https://inyarwanda.com/inkuru/102886/danny-usengimana-bivugwa-ko-agiye-gusanga-umugore-we-muri-canada-yaba-yamaze-gusezera-mu-i-102886.html