Urwuri

Kubijyanye na Wikipedia
Urwuri
Urwuri

Urwuri cyangwa igikuyu cyangwa igisambu ni umurima munini cyangwa mutoya uzitiye cyangwa utazitiye ariko wagenewe kuragirwamo n'amatungo buruyro bwose, harimo ibyatsi cyangwa ibiti birirwa n'amatungo nka sitariya, urubingo , urwiri, kimari terebusakumu.[1][2][3][4]

Ibiranga urwuri[hindura | hindura inkomoko]

  • Kuba harimo amazi
  • Kuba hari igihande gihinze nka 30% byarwo
  • Kuba hari Ibyatsi bihunitse bikoreshwa mugihe cy'impeshyi
  • ibiraro by'ubakiye .[1][3]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://www.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/hatangijwe-gahunda-y-urwuri-rw-icyitegererezo-iburasirazuba-yitezweho-kongera
  2. https://www.kigalitoday.com/umutekano/imbere-mu-gihugu/article/umworozi-akurikiranyweho-kuvogera-urwuri-rw-uwo-yagabiye-ntamwiture
  3. 3.0 3.1 https://rba.co.rw/post/RAB-igaragaza-koumubare-wInka-zibarizwa-mu-Ntara-yIburasirazuba-utajyanye-numusaruro-zitanga
  4. https://panorama.rw/nyabihu-cyuma-aratabariza-inka-ze-nyuma-yo-kwamburwa-urwuri-yaguze-rukagurishwa-abandi-rwihishwa/