Urwandiko rwa I rwandikiwe Abatesalonika

Urwandiko rwa I abatesalonika nikimwe mubitabo byanditswe na Pawulo Intumwa mu isezerano Rishya yacyandikiye itorero ry'i Tesalonika ahagana mu mwaka 60 nyuma y'izuka rya Yesu igihe Pawulo yari mu buroko i Roma , abandikira uru rwandiko kugira ngo arikomeze mu kwizera , arishimira ku bw'ubudahemuka bwaryo, kandi arihugure ku mibereho ikwiye y'Abakristo.[1]Pawulo ubwo yandikaga uru rwandika akaba yarari muri gereza.
Nubwo abatesalonika bahuraga n'ibirushya byishi ariko bakomeje gukomera ku kwizera kwabo muri Yesu Kristo[2].
Mugice cya 4:1-18 Pawulo ababwira kwizera yuko Imana izazana na Yesu kandi abapfiriye mukwizera Kristo batazibagirana cyangwa ngo batandukane n'Imana ahubwo bazazukana na Yesu igihe azagarukira[3]
Pawulo abasaba kujya bubaha abakorana umwete kandi bakabayobora mu Mwami babagira inama kandi abasaba kwirinda hatagira uwitura undi muntu inabi yamugiriye[4]