Urutare wa ngarama

Kubijyanye na Wikipedia
Urutare rwa ngarama

Urutare Rwa Ngarama[hindura | hindura inkomoko]

Urutare rwa Ngarama ruherereye muntara y'i Burasirazuba mukarere ka Gatsibo mumurenge wa Ngarama

mukagari ka Ngarama mu mudugudu wa Ibare[1] uru Rutare ruzwi cyane mu mateka y'u Rwanda

Amateka[hindura | hindura inkomoko]

Urutare rwa Ngarama ni urutare ruvugwaho amateka menshi atandukanye cyane ko bavugako ariho

Ngarama wari umugaragu wu Mwami Ruganzu ariho yiciye Saruhara rwa Nkomokomo[2]

Aho ruherereye[hindura | hindura inkomoko]

Urutare rwa Ngarama ruherereye m' umurenge wa Ngarama mu Kagari ka Ibare uvuye mubyapa bya Ngarama [3]

ni hagati ya kirometero 20

Ubukerarugendo[hindura | hindura inkomoko]

Urutare rwa Ngarama ni urutare rusurwa cyane kuko rukoreshwa no mu burezi kuko rw'igirwaho n'abana bakiri bato

Reba[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.rwandagorillasafaris.com/blog/urutare-rwa-ngarama.html
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2021-06-24. Retrieved 2021-06-24.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. http://thebridge.rw/urutare-ngarama-yivuganiyeho-saruhara-rwa-nkomokomo/