Urusenge

Kubijyanye na Wikipedia

Urusenge ni igice cy'inzu ya kinyarwanda, aho urugenge rwakundaga kuba mu igikoni , inzu batekeragamo, aho wasanga munsi y'urusenge hari iziko cyangwa se ishyiga bacanagaho , maze hakazamukira umuriro , ariwo watumaga ibintu byose biri kurusenge bitangirika, nk'inyama z'imiranzi, ibigori, nibidi.[1]

Uko rukoze[hindura | hindura inkomoko]

Urusenge twabaga rukoze mu nibiti bigiye bitambitse bigenda bikinjira mu gikuta cy'inzu, ndetse nabyo bikaba biziritseho imbariro cyangwa se imbigo bikomeye bituma ibyo bashyize hejuru yabyo bitagwa.[2]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://rwiyemeza.com/kn/mordet.php?titID=540ea0a5c4ff321060b1c844c9f67a3de5&vario=22687049d90da05d5c9d9aebed9cde2a8
  2. https://yegob.rw/mbega-ikigare-tugenderamo-dore-ubusobanuro-bwo-kubaka-inzu-zifite-urusenge-rurerure-kadasiteri/