Jump to content

Umusaruro ibishanga bidakomye

Kubijyanye na Wikipedia
igishanga

Umusaruro ibishanga bidakomye ni urwego rubifitiye ububasha ku gishanga kidakomye runaka rufite inshingano yo gutegura gahunda y’uko kigomba kubyazwa umusaruro hakurikijwe icyo kigenewe gukoreshwa mu Rwanda, kandi iyo gahunda ikemezwa na Minisitiri ufite ubutaka mu nshingano ze.[1][2]

Icyakora, Minisitiri ufite ubutaka mu nshingano ze ashobora guhindura icyo ubutaka bw’igishanga kidakomye bwagenewe gukoreshwa mu gihe cy’umushinga ugamije inyungu rusange.

  1. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abadepite-bemeje-ishingiro-ry-umushinga-w-itegeko-rigenga-ubutaka-mu-rwanda
  2. https://rba.co.rw/imiryango-12-ituriye-ibishanga?lang=rw