Ubuyobozi bw'Inama y'igihugu y'abafite ubumuga
NCPD[hindura | hindura inkomoko]
Ubuyobozi bw'inama y'inama y'abafite ubumuga NCPD buratangaza yuko harikwigaho abavukana ubumuga bwomumutwe bajya bahabwa ubuvuzi bwuzuye nkuko baba babyandikiwe na muganga.[hindura | hindura inkomoko]
Sikenshi usanga bantu bafite ubumuga baba bafite amikoro ahajyije mubuvuzi
bwabo ntibiba binangana , n'umubiri wumuntu nago wakira ibintu kimwe
umwe ashobora gucyirara inshuro makumyabiri undi agacyenera 30 , icyo nacyo
mubyo dushaka kocyizacyemuka nacyo kirimo kuko muganga niwe ujyenga
umuntu ijyihe azacyirira ngo ijyihe nicyi.[1]
Nubwo abafite ubumuga serivise bacyenera kwa muganga atarko zose zishyurirwa kuri metual
ariko mubihe byavuba zijyeye kujya zishyingirwa na mitual nkuko Emmanuel Ndayisaba
abisobanura ati muminsi ishize harumuyobozi wo muri RSSB anyemerera ko ubu
ajyiye guhita areba ibyinshi mubyo batatangaga bakabirekura kuberako hari uburyo
igihugu cyashyizeho bwokojyera ubushobozi bwa mitual, imamvu aha tuhatsimbarara
ni uko icyiciro tureberera ahanini gikoresha ubwo bwishingizi.[2]
Umunsi muzamahanga w'abafite ubumuga uzaba wizihizwa kunshuro ya 31 kurubu
ukaba ufite insanganyamatsiko igira iti DUFATANYE NABANTU BAFITE UBUMUGA
TUJYERE KUNTEGO ZIRAMBYE.[3]