Ubuyobozi bw'Inama y'igihugu y'abafite ubumuga

Kubijyanye na Wikipedia

NCPD[hindura | hindura inkomoko]

Ubuyobozi bw'inama y'inama y'abafite ubumuga NCPD buratangaza yuko harikwigaho abavukana ubumuga bwomumutwe bajya bahabwa ubuvuzi bwuzuye nkuko baba babyandikiwe na muganga.[hindura | hindura inkomoko]

Sikenshi usanga bantu bafite ubumuga baba bafite amikoro ahajyije mubuvuzi

bwabo ntibiba binangana , n'umubiri wumuntu nago wakira ibintu kimwe

umwe ashobora gucyirara inshuro makumyabiri undi agacyenera 30 , icyo nacyo

mubyo dushaka kocyizacyemuka nacyo kirimo kuko muganga niwe ujyenga

umuntu ijyihe azacyirira ngo ijyihe nicyi.[1]


Nubwo abafite ubumuga serivise bacyenera kwa muganga atarko zose zishyurirwa kuri metual

ariko mubihe byavuba zijyeye kujya zishyingirwa na mitual nkuko Emmanuel Ndayisaba

abisobanura ati muminsi ishize harumuyobozi wo muri RSSB anyemerera ko ubu

ajyiye guhita areba ibyinshi mubyo batatangaga bakabirekura kuberako hari uburyo

igihugu cyashyizeho bwokojyera ubushobozi bwa mitual, imamvu aha tuhatsimbarara

ni uko icyiciro tureberera ahanini gikoresha ubwo bwishingizi.[2]


Umunsi muzamahanga w'abafite ubumuga uzaba wizihizwa kunshuro ya 31 kurubu

ukaba ufite insanganyamatsiko igira iti DUFATANYE NABANTU BAFITE UBUMUGA

TUJYERE KUNTEGO ZIRAMBYE.[3]

INDANGANTURO[hindura | hindura inkomoko]

1.https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/abafite-ubumuga-bwo-mu-mutwe-barasaba-guhabwa-ubuvuzi-bwuzuye

2.https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/abafite-ubumuga-bwo-mu-mutwe-barasaba-guhabwa-ubuvuzi-bwuzuye

3.https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/abafite-ubumuga-bwo-mu-mutwe-barasaba-guhabwa-ubuvuzi-bwuzuye