Jump to content

Ubutaka n'imibereho mwiza

Kubijyanye na Wikipedia
ubutaka
ubutaka

Minisitiri ufite imibereho myiza y’abaturage mu nshingano ashyikiriza Minisitiri ufite ubutaka mu nshingano umushinga wo gutiza ubutaka bwa Leta mu rwego rw’imibereho myiza y’abaturage. Uwo mushinga ugaragaza ingano y’ubutaka, ibipimo ndangahantu by’ubutaka bukenewe, n’ibikorwa bizabukorerwaho. [1]

Minisitiri ufite ubutaka mu nshingano asuzuma uwo mushinga hashingiwe ku gishushanyo mbonera cy’imikoreshereze y’ubutaka y’aho ubutaka bukenewe buherereye. Iyo Minisitiri ufite ubutaka mu nshingano abonye uwo mushinga ufite ishingiro arawemeza. Ubutaka bwa Leta butizwa umuntu utishoboye hagamijwe kuzamura imibereho ye.

  1. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/itegeko-rishya-ry-ubutaka-rigiye-gutangira-gushyirwa-mu-bikorwa