Jump to content

Ubushobozi bw'amashyamba

Kubijyanye na Wikipedia
ubushobozi bwamashamba
ISHYAMBA

Ibiti bikoreshwa mu bwubatsi no mu bikoresho byo mu rugo, ibyo akaba ari bimwe mu bindi. Ibiti bikunze gukoreshwa birimo Inturusu (45 ku ijana), Ibimera 59 bikomeye bikoreshwa mu buvuzi bw’abantu gakondo naho ilisiti y’ibimera bikomera 39 ni iy’ ibikoreshwa mu buvuzi gakondo bw’amatungo kimwe no ku ndwara amatungo n’abantu bahuriyeho.[1]

Hari ubushobozi mu rwego rw’amashyamba bwo kubona imari mu rwego rwo Kugera ku Iterambere Rinoze (Mécanisme du Développement Propre : CDM) hakurikijwe inama yabereye i Kyoto ku byerekeranye no kohereza imyuka ihumanya mu kirere. Ariko, ni ngombwa guteza imbere ubushobozi bw’abenegihugu no kugira ingamba zigaragara zo kubyaza umusaruro ubwo bushobozi.

Ubworozi bw’inzuki ni ikindi kintu kijyanye n’ibikomoka ku mashyamba byoroshye bifite ubushobozi cyane kubera cyane cyane imiterere y’ikirere cy’u Rwanda n’ubwiza bw’ahantu ku buzima - Urwego rw’ubukerarugendo rushingiye ku gusura ahantu hakumiwe, ruhagaze neza cyane kuva mu 2024.

Ishyamba
  1. https://rba.co.rw/post/Min-Mujawamariya-Hakenewe-ubufatanye-bwinzego-mu-kubungabunga-ibidukikije#google_vignette