TWIGIRE MUHINZI

Kubijyanye na Wikipedia
Ubuhinzi bwigira

TWIGIRE MUHINZI Ni uburyo bushya bw’iyamamazabuhinzi umuhinzi abigizemo uruhare. Ubu buryo ni umwimerere w’igihugu, cyu Rwanda (bwashyizweho na Leta y’u Rwanda), bugamije kwegereza servisi z’iyamamazabuhinzi ku bahinzi bose mu Rwanda. Ni uburyo bw’iyamamazabuhinzi ryegerejwe abahinzi, bushyirwa mu bikorwa n’ibigo/inzego zitandukanye muri gahunda y'ubuhinzi n'ubworozi. [1][2][3]

Uko ikorwa[hindura | hindura inkomoko]

  • Kugeza ku bahinzi bose serivisi z’ibanze z’iyamamazabuhinzi k’uburyo bwihuse binyuze mu bukangurambaga n’ishyirwaho ry’imirima ntangarugero ku midugudu. [1]
  • Ubuhinzi bw'urutoki
    Gahoro gahoro, kugeza ku bahinzi ubumenyi bwimbitse ubaha amahirwe yo kwigira mu Ishuri ry’Abahinzi mu Murima (IAMU)[1][2]

Amahakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 1.2 https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/abahinzi-benshi-ntibazi-gahunda-ya-twigire-muhinzi
  2. 2.0 2.1 https://www.newtimes.co.rw/article/130884/News/photos-agric-experts-in-kigali-meet-examine-impact-of-twigire-muhinzi-initiative
  3. https://allafrica.com/stories/201606160035.html