Shami Elodie

Kubijyanye na Wikipedia

Shami Elodie ni umunyarwandakazi, kuwa 18 Werurwe 2024 yagizwe umuyobozi mukuru w'umuryango Imbuto foundation washinzwe na Nyakubahwa madam Jeannette Kagame muri 2001. [1][2]

Amateka[hindura | hindura inkomoko]

Shami yakoze imyaka 10 akora muri gahunda zo kurengera abana, diplomacy, ubushakashatsi bwibicuruzwa no gushushanya, ndetse no guteza imbere abakoresha ubushakashatsi.[2][3][4]

Amashuri[hindura | hindura inkomoko]

Shami Elodie afite Impamyabumenyi y'icyikiro cya gatatu cya Kaminuza muri information systems yakuye muri Kaminuza ya Maryland mu mwaka 2020. Muri 2015 yabonye impamyabumenyi y'icyiciro cya kabiri cya Kaminuza, mu masomo yo kubungabunga amahoro, ubutabera no gukemura amakimbirane muri Kaminuza ya DePaul.

Indanganturo[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://inyarwanda.com/inkuru/140930/umuryango-imbuto-foundation-wabonye-umuyobozi-mukuru-mushya-140930.html
  2. 2.0 2.1 https://www.newtimes.co.rw/article/15348/news/elodie-shami-appointed-new-imbuto-director-general
  3. https://flash.rw/2023/11/08/uwanze-kubwirwa-ntiyanze-kubona-umugani-mugufi-perezida-kagame-akunda/
  4. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ibyiza-byo-kuzukuruza-inama-ku-mutoza-wa-arsenal-perezida-kagame-yasubije