Seninga Innocent

Kubijyanye na Wikipedia

Seninga Innocent ni rimwe mu m'azina azwi kandi akomeye mu batoza muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, byatunguye benshi ubwo yajyaga gutoza mu cyiciro cya kabiri, yagiye gutoza ikipe ya Sunrise Fc mu ntangiriro z’uyu mwaka 2022 w’imikino aho yari avuye mu ikipe ya Musanze FC, Etincelles Fc na Police FC.[1][2]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.newtimes.co.rw/sports/coach-innocent-seninga-extends-sunrise-stay-0
  2. https://www.isimbi.rw/siporo/article/seninga-innocent-yagarutse-ku-bihe-bigoye-yanyuzemo-mbere-yo-gufata-umwanzuro-wo-kujya-mu-cyiciro-cya-kabiri