Sandrine maziyateke

Kubijyanye na Wikipedia

Sandrine MAZIYATEKE ni umunyarwandakazi wakuriye mu mahanga kubera amateka y' igihugu cye u Rwanda, aho yakuriye mu bubirigi ntamahirwe yagize yo kumenya u Rwanda kuko ababyeyi ntibabimwemereraga kandi bikamutera ipfunwe no kwi ishuri. byamusabye imbaraga aza gufata umwanzuro yiyemeza no kugaruka mu Rwanda, ndetse yiyemeza gufatanya nabandi kubaka igihugu.[1]

IMIRIMO YAKOZE[hindura | hindura inkomoko]

Sandrine MAZIYATEKE, kuwa 15 nyakanga 2020 nibwo yagizwe umuyobozi mukuru muri ministeri y' ububanyi n' amahanga mu Rwanda, akaba ashinzwe abanyarwanda baba mu mahanga. ikigihe yavuze ko u Rwanda rwubatse ibukungu nibindi kuburyo bugaragara bityo nawe abonye umwanya wo gutanga umusanzu we.[2]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

Sandrine uwimbabazi MAZIYATEKE DG muri MINAFET
  1. "Archive copy". Archived from the original on 2022-05-01. Retrieved 2022-05-01.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  2. https://bwiza.com/?Inama-y-Abaminisitiri-yemeje-abayobozi-bashya-muri-za-Minisiteri-n-ibigo