Rwubaka Mustapha

Kubijyanye na Wikipedia

Rwubaka Mustapha ni umunyarwanda akaba umunyamakuru wa siporo wa bigize umwuga. Rwubaka Mustapha yakoze kubitangazamakuru byandika amakuru ya siporo ni mikino nka Kigali Today,  akomereza ku kindi gitangazamakuru cya  KT Press. Rwubaka Mustapha akaba yakoreye kandi n'ibindi bitangazamakuru bya radio nka radiyo zitandukanye nka KT Radio agikoraho na  ubu., Rwubaka Mustapha  aha hose yavugaga imyidagaduro, imikino n’inkuru za siporo. Rwubaka Mustapha abarizwa mu ishyirahamwe rya banyamakuru ba siporo AJSPOR, . Rwubaka Mustapha ni umufana w’ikipe ya  Manchester United yo mu gihugu cyu bwongereza ku muganabe w’iburayi. [1][2][3][4]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.kigalitoday.com/mot/rwubaka-moustapha
  2. https://www.ktpress.rw/2018/07/kt-radio-rebrands/
  3. https://umuryango.rw/ad-restricted/article/abanyamakuru-ba-sports-mu-rwanda-byabanze-mu-nda-bagaragaza-amarangamutima-y
  4. https://bwiza.com/?Gushaka-umukunzi