Jump to content

Rutayisire Chantal

Kubijyanye na Wikipedia

Chantal Ritayisire ni umunyarwandakazi utuye muri leta zunze ubumwe za amerika, yavukiye mu Karere ka Gisagara mu Majyepfo y’u Rwanda[1]. Akaba ari umubyeyi w'abana babiri.[2]Akaba yaranditse igitabo yise A Smile After tears. Gikubiyemo amateka ye yo muri genocide yakorewe abatutsi murwanda.

yavutse mumwaka wa 1980 ukwezi kwa 9 itariki 14

Amashuri tide

[Hindura | hindura inkomoko]

She attended amashuri abanza mu rwunge rw'amashuri Intwari riherereye i Nyamirambo.

yiga segonderi kuri APACE kabusunzu na APADE kicukiro. yarangije kaminuza kuri Kigali Independent University aho afite impamya bumenyi mububanyi mpuzamahanga.

Umwuga akora

[Hindura | hindura inkomoko]
Gisagara

Rutayisire Chantal ni umwanditsi w’igitabo yise ” A Smile After Tears “ akaba ari umushoramali mu bijyanye no kugura no kugurisha cyangwa gukodesha amazu , akabifatanya n’ ubucuruzi bw’ibikorerwa mu Rwanda akabimurika ku isoko mpuzamahanga.[1]”Akariza collection“

she is also the owner of a home remodeling and Interior decoration company,home improve [1]

  1. 1.0 1.1 1.2 https://igihe.com/umuco/ibitabo/article/yigobotoye-ibikomere-bya-jenoside-ubuhamya-bwa-rutayisire-chantal-wanditse
  2. https://www.dziewuchyberlin.org/16-5-2022-16-unbreakable-women-online-discussion/