Rutayisire Chantal
Chantal Ritayisire ni umunyarwandakazi utuye muri leta zunze ubumwe za amerika, yavukiye mu Karere ka Gisagara mu Majyepfo y’u Rwanda[1]. Akaba ari umubyeyi w'abana babiri.[2]Akaba yaranditse igitabo yise A Smile After tears. Gikubiyemo amateka ye yo muri genocide yakorewe abatutsi murwanda.
yavutse mumwaka wa 1980 ukwezi kwa 9 itariki 14
Amashuri tide
[Hindura | hindura inkomoko]She attended amashuri abanza mu rwunge rw'amashuri Intwari riherereye i Nyamirambo.
yiga segonderi kuri APACE kabusunzu na APADE kicukiro. yarangije kaminuza kuri Kigali Independent University aho afite impamya bumenyi mububanyi mpuzamahanga.
Umwuga akora
[Hindura | hindura inkomoko]
Rutayisire Chantal ni umwanditsi w’igitabo yise ” A Smile After Tears “ akaba ari umushoramali mu bijyanye no kugura no kugurisha cyangwa gukodesha amazu , akabifatanya n’ ubucuruzi bw’ibikorerwa mu Rwanda akabimurika ku isoko mpuzamahanga.[1]”Akariza collection“
she is also the owner of a home remodeling and Interior decoration company,home improve [1]