RBC

Kubijyanye na Wikipedia

RBC[hindura | hindura inkomoko]

Minisante yamuritse ibitabo bishya bizaza byafashishwa mugutahura ubumuga bw'umwana acyiri muto, bikazaza byifashijwa mubuvuzi.[hindura | hindura inkomoko]

Minisiteri y'ubuzima ibinyujije mucyigo cyayo, RBC ku bufatanye n'urugaga

rw'imiryango yabafite ubumuga mukurwanya Virus itera sida nizindi ndwara

zijyiye zitandukanye zandura ndetse noguteza imbere ubuzima, nabandi

bafatanya bikorwa bamuritse ibitabo byo kuzaza batahira abafite ubumuga

bacyiri bato.[1]


Ibi bitabo bigaragaza ubutyo umwana ajyenda akura kubutyo urebe uko

angana ukajyereranya nuko yaba angana.[2] Umuyobozi wa agashami

RBC gashinzwe kwita kunkomere nabafite ubumuga Dr Irene Bagahigwa

yavuze ko abaganga bita kubana mbere batari bafite ibikoresho bifashishaga

mukwita kubana neza ngo babe batahura icyumwana arwaye ,

bityo ibyo bitaro akaba aribyo bije guhindura.[3]

DMIS[hindura | hindura inkomoko]

Izabasha kugaragaza ubumuga umwana afite , aho atuye,imvu zituma atiteza

imbere ndetse no guhabwa serivise zo guhangana nubwo bumuga

bizanafasha kumenya ibitaro yafashirizwamo muburyo bwihuse.[4]

Inkomoko[hindura | hindura inkomoko]

1.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/minisante-yamuritse-ibitabo-bizafasha-mu-gutahura-ubumuga-bw-umwana-akiri-muto

2.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/minisante-yamuritse-ibitabo-bizafasha-mu-gutahura-ubumuga-bw-umwana-akiri-muto

3.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/minisante-yamuritse-ibitabo-bizafasha-mu-gutahura-ubumuga-bw-umwana-akiri-muto