RBC
RBC[hindura | hindura inkomoko]
Minisante yamuritse ibitabo bishya bizaza byafashishwa mugutahura ubumuga bw'umwana acyiri muto, bikazaza byifashijwa mubuvuzi.[hindura | hindura inkomoko]
Minisiteri y'ubuzima ibinyujije mucyigo cyayo, RBC ku bufatanye n'urugaga
rw'imiryango yabafite ubumuga mukurwanya Virus itera sida nizindi ndwara
zijyiye zitandukanye zandura ndetse noguteza imbere ubuzima, nabandi
bafatanya bikorwa bamuritse ibitabo byo kuzaza batahira abafite ubumuga
bacyiri bato.[1]
Ibi bitabo bigaragaza ubutyo umwana ajyenda akura kubutyo urebe uko
angana ukajyereranya nuko yaba angana.[2] Umuyobozi wa agashami
RBC gashinzwe kwita kunkomere nabafite ubumuga Dr Irene Bagahigwa
yavuze ko abaganga bita kubana mbere batari bafite ibikoresho bifashishaga
mukwita kubana neza ngo babe batahura icyumwana arwaye ,
bityo ibyo bitaro akaba aribyo bije guhindura.[3]
DMIS[hindura | hindura inkomoko]
Izabasha kugaragaza ubumuga umwana afite , aho atuye,imvu zituma atiteza
imbere ndetse no guhabwa serivise zo guhangana nubwo bumuga
bizanafasha kumenya ibitaro yafashirizwamo muburyo bwihuse.[4]