Daphrose Gahakwa

Kubijyanye na Wikipedia
(Bisubijwe kuva kuri Portail:Société)

Daphrose Mukankubito Gahakwa ni umunyarwandakazi w'umunyapolitiki wabaye Minisitiri w’uburezi kuva 2008 kugeza 2009.

Ubuzima bwe[eindura | hindura inkomoko]

Amashuri yize[eindura | hindura inkomoko]

University of East Anglia yo mu Bwongereza aho Daphrose Mukankubito Gahakwa yakuye impamyabumenyi y'ikirenga muri 2001.

Gahakwa yize ikiciro cya kabiri cya kaminuza mu buhinzi muri kaminuza ya Makerere mu mwaka 1974. yabonye impamyamubenyi ihanitse mu 1996 mu bijyanye no kubangurira ibihingwa hagamijwe iterambere ni impamyabumenyi y'ikirenga mu 2001 ayikuye muri University of East Anglia yo mu Bwongereza[1].

Imirimo yakoze[eindura | hindura inkomoko]

Daphrose Mukankubito Gahakwa yabaye umukozi ushinzwe gahunda y'abahinzi bato ku rwego rw'akarere ka Bushenyi muri Uganda mu mwaka 1979

Daphrose Mukankubito Gahakwa yabaye umukozi ushinzwe gahunda y'abahinzi bato ku rwego rw'akarere ka Bushenyi muri Uganda mu mwaka 1979. Nyuma yaje kuba umuyobozi wa abahinzi Kasese nkushinzwe kugerageza gahunda yo kuhira ibikorwa by'ubuhinzi. Mu 2001, yabaye Umugenzuzi Mukuru w'Ubuhinzi ushinzwe kugerageza ibikoresho bikomoka ku bimera bikwirakwizwa. Mu 2004, yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'ubuhinzi n'ubworozi mu Rwanda[2].

Reba[eindura | hindura inkomoko]