Nick Dimpoz
Umuhanzi Ndayizeye Emmanuel[1] uzwi nka Nick Dimpozu sanzwe ari umukinnyi wa filime akaba n'umuhanzi .[2]
Amateka[hindura | hindura inkomoko]
Ubuzima bwite[hindura | hindura inkomoko]
Uyu muhanzi ufite umugore uhanga ariko yibanda kuri Gakondo gusa avuga ko muri gahunda afite vuba harimo no kuba bakorana indirimbo dore ko banahuriye mu itorero rimwe ry’Intayoberana.[3]
Impano afite[hindura | hindura inkomoko]
Uyu mugabo[4] ukina amafilm, agakora umuziki akanabyina cyane Kinyarwanda ngo byose abikorera abafana kuko babyishimira kandi nta na kimwe yareka.
References[hindura | hindura inkomoko]
- ↑ "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-26. Retrieved 2022-09-26.
{{cite web}}
: CS1 maint: archived copy as title (link) - ↑ https://inyarwanda.com/inkuru/95904/nick-dimpoz-yasobanuye-impamvu-yakoze-indirimbo-itaka-umugeni-ikamutinyura-video-95904.html
- ↑ https://www.ijambo.net/content/Nick-Dimpoz-yasohoye-indirimbo-Urwa-kera-ikoranwe-ubuhanga.php
- ↑ https://rushyashya.net/bwiza-bwirabura-indirimbo-nshya-ya-nick-dimpoz-wo-muri-city-maid/